Izi ni inkuru zihimbye (fiction), ubu ni ubuvanganzo nyarwanda. Ibikubiye muri iyi nkuru byose byavuye mu mutwe w’umwanditsi. Haramutse habayeho gusa kw’amazina, ubuzima bamwe baciyemo, byaba ari uruhurirane.

Ikaramu y’Umwanditsi.
Ibi ni ibice bibiri bibanza by’igitabo nise “Stade Amahoro”. Inkuru ziramutse zigushimishije wazisangira n’abandi ukoresheje Facebook, Twitter, Google+ cyangwa se ubundi buryo bukunogeye.
Incamake
Amaze gutorerwa kuba Miss Rwanda 93, Hafsa Princesse Mutabazi — umukobwa wari usanzwe ubyina mu Itorero Abatangampundu — yifuje gukoresha imbaraga ziri mu izina rye (Miss Rwanda) kugira ngo agere ku ntego yari yarihaye yo guhuza Abanyarwanda. Hari muri 94 ubwo yateguraga umukino yifuzaga ko uhuza Rayon Sports hamwe n’ikipe y’abasirikare babaga muri CND. N’ubwo hari benshi bazashaka kumubangamira no kumutera ubwoba, Hafsa azakomeza kurwana ku ntego ye yo kweraka Abanyarwanda ko bose ari bene Kanyarwanda. Ni mu mukino uzabera kuri Stade Amahoro.
Kuri Jeannette, umugore wanjye, wowe wahinduye ubuzima bwanjye. Ntagufite hari byinshi ntageraho,
Kuri Ivan, umwana wanjye ukaba na zahabu yavuye mu ijuru,
Kuri Sylvestre Nkubili, marume, data muri batisimu. Wowe wamfashe ukantereka mu isi y’ibitabo. Ukomeze ugire iruhuko ridashira mubyeyi,
Kuri Padiri Alexis Kagame, wowe mwami w’ubuvanganzo nyarwanda, wowe watwigishije kwandika Ikinyarwanda, wowe mwalimu w’ibihe byose.

Hello Eric, amakuru? Umwaka mwiza kandi.
Contente de retrouver ton website et de découvrir ton nouveau livre.
How are you Neza? I’m so glad you’re coming back to my blog. Merci.
Uraho neza Eric? Nishimiye kongera gusoma inkuru ku rubuga rwawe..Iteye amatsiko nayo,kandi byo c sur nkunda uburyo wandika inkuru..:) Iyindi part nayo ndayitegereje n’amatsiko menshi..Turi kumwe
Urakoze Clara. Ibindi bice ntago bizatinda.
Mu byukuri urantangaza Bro maze gusoma inkuru amapage 12 yose nyasomye ntahagarara kubera uburyo ari nziza kandi ikoze nka filim nkunda cyane ikindi kandi ikaba ivuga ku mateka yabaye mu gihugu cyacu …Courage and God Bless u
Dear Asilex, thank you immeasurably. Kuba wasomye pages zose uko ari 12 udahagarara binyeretse ko wakunze ibyo wasomye, kandi binanyereka ko hari abo ibyo nandika bifitiye akamaro. May God bless you too my friend.
hi!sha nkunda inkuru zawe cyane kuburyo mbona ko uramutse ufite ibitabo ahantu runaka najya mbikodesha ubwo najye umuco wogusoma ukanjyamo gutyo kuko inkuru zawe iyo nzibonye mba excited kuburyo nduhuka nzirangije nkababazwa nuko ntinda kubona suite!plz my dear ntizigatinde ziruhura mumutwe kd courage.
Hi Shella,
Nabanje kwandika ibi bice uko ari bibiri kugira ngo ndebe niba abasomyi bazabikunda. Kuva maze kumenya ko benshi bishimiye iyi nkuru, ubu ndi kwandika ibindi bice nkaba nteganya kuzabishyiriraho byose icyarimwe. Nshimishijwe no kuba ngutera imbaraga zo gusoma. Uzabikomeze kubera ko ari umuco mwiza cyane.
Hi Bright!
Iyi nkuru ni nziza pe. Iravuga ubuzima nyabwo bw’igihugu. Umuntu wese uzi u rwanda ahita yibona muri iyi nkuru.
Inkuru zawe ni nziza, ujye utekereza niba later utazikoramo nka film(Just a suggestion).
Ndagushimiye byimazeyo muvandimwe Mike. Nteganya kandi nizera ko umunsi umwe izageraho ikabyara igitabo — ndetse na film nk’uko ubivuga. Abanyarwanda nibagira inyota yo gusoma, nta kabuza bizatuma abanditsi bakora byinshi kandi bishimishije.
Bright, Iyi nkuru ni nziza peee gusa ndangije gusoma aribwo amatsiko anyishe, nubwo wavuze ngo ninkuru umwanditsi yahimbye ariko ikubiyemo ubuzima bwa benshi muri iki gihugu. Ntegerezanyije amatsiko menshi ibindi bice. Ikindi nakubwira nuko bitagombye kurangirarira kuri blog gusa kuko film yavamo hano yaba ari nziza kandi yigisha benshi amateka yaranze i gihugu cyacu.
Big up bro !!!!!!!! keep up your talent
Dear Claude, ubu ndi kwandika ibindi bice bizakurukiraho. N’ubwo ihimbye, koko nayanditse ngendeye ku mateka y’Abanyarwanda kugira ngo benshi bajye bayisoma bayibonemo. Merci.
Hi Eric,
Umugani wawe ni mwiza cyane!
I enjoyed reading every page of the story.
I liked the way you describe every detail; I could picture the whole scene as in a movie.
I can’t wait to read the remaining chapters. Could you translate this story in English for those who can’t read Kinyarwanda?
Thank you Brigitte. Ndashaka kubanza nkarangiza byose noneho nkabona kubishyira muri English. Ubwo ni ukuzakwitabaza hanyuma ukamfasha mu magambo amwe n’amwe umuntu atapfa kubonera Ikinyarwanda. Thank you once more.
Hello Eric, amakuru?